Ruhango: LWIR ni igisubizo ku batuye ibice bitagira amazi meza- minisitire Kamanzi
Minisitiri w’umutungo kamere mu Rwanda Kamanzi Stanislas, aravuga ko ibikorwa bya Living water international Rwanda “LWIR” bije ari igisubiza kuri gahunda ya Leta isanganywe yo kwegereza abaturage amazi meza. Ibi minisitiri yabivugiye mu karere ka Ruhango tariki ya 17/03/2013, ubwo yari amaze kwibonera amazi meza amaze kugezwa ku banyeshuri biga [...]
