Rwanda | Nyamagabe: Paruwasi ya Gikongoro yizihije umunsi mukuru w’umuryango mutagatifu yaragijwe.
Kuri iki cyumweru tariki ya 30/12/2012, paruwasi gaturika ya Gikongoro yaragijwe umuryango mutagatifu yijihije umunsi mukuru w’umuryango mutagatifu, uyu muhango ukaba waranzwe n’igitambo cya Misa ndetse n’ibirori byabaye nyuma y’igitambo cya Misa. Muri iki gitambo cya Misa, Musenyeri Edouard Ntaganda, yasabye imiryango y’abakirisitu kubana nk’uko urugo rutagatifu rugizwe na Yozefu, [...]
