Imiryango itazakurikiza itegeko rishyashya kugeza tariki ya 09/04/2013 izaba yisheshe-RGB.
Mu nama isanzwe y’ihuriro ry’abafatanyabikorwa (JADF) b’akarere ka Nyamagabe yateranye kuri uyu wa kane tariki ya 07/03/2013, imiryango nyarwanda itari iya leta n’ishingiye ku madini yasobanuriwe itegeko rishya rigena imitunganyirize n’imikorere by’imiryango nyarwanda itari iya leta n’ishingiye ku idini, iyo miryango ikaba isabwa kuzuza ibyo iryo tegeko rigena mbere y’itariki [...]
