Rwanda I NUR: Nyuma yo kwiga bafashijwe, bashinze ishyirahamwe ryo gufasha barumuna babo
Abanyeshuri biga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR) bagera ku 150, ni bo biyemeje gufasha abana b’abakene bitorohera kubona amafaranga y’ishuri, maze bashinga ishyirahamwe ryitwa NURSSBA mu magambo ahinnye y’icyongereza, ni ukuvuga ishyirahamwe ry’abanyeshuri bo muri NUR barihiwe amasomo n’imishinga itandukanye. Tugirimana Emmanuel, umuyobozi w’iri shyirahamwe, avuga ko abanyeshuri bibumbiye [...]
