Rwanda | Muhanga: insengero zirashinjwa kurara zisakuriza abaturage
Bamwe mu bakuru b’imidugudu yo mu mujyi wa Muhanga ndetse n’abaturage baratangaza ko babangamirwa n’abantu barara basenga. Bavuga ko babona gusenga kugeza mu masaha akuze, biteza umutekano muke kuko ngo usanga insengero ziri hagati mu mago y’abantu bityo iyo bari gusenga basakuriza abaruturiye. Muri uyu mujyi usanga impande n’impande, mu [...]
