Croix Rouge nyuma y’imyaka 50 iratekereza kudashingira ku nkunga
Croix rouge y’u Rwanda mu karere ka Rubavu taliki ya 12 Gicurasi,2013 yizihiza isabukuru y’imyaka 50 yongeye gutekereza icyakorwa ngo ireke kubaho ishingiye ku nkunga igenerwa ahubwo ikomeze ibikorwa byayo kandi bihereye mu kwifasha. Ubuyobozi bwa Croix Rouge buvuga ko imyaka 50 imaze igeze mu Rwanda igendera ku nkunga, ibi [...]
